News

Perezida Paul Kagame yari yongeye kugira Dr Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, muri Guverinoma nshya ya ...
Mu Irushanwa rya Billie Jean King Cup 2025, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Rutikanga Sylvain, yitabaje abakinnyi bane ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu gihugu, ndetse n’ingamba zashyizweho zorohereza abanyamahanga. Babigarutseho ubwo bamurikaga ku mugaragaro ...
Minisitiri w'Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine yatanze ibisobanuro muri Komisiyo y'imiyoborere ubwuzuzanye bw'abagabo n'abagore mu Nteko Ishinga Amategeko, ku bibazo bireba Minisiteri y'Ibidukikije ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Mu gihe hagati muri uku kwezi kwa 11 hateganijwe inama ngarukamwaka yiga ku mihindagurikire y'ibihe izabera i Baku muri Azerbaijan, bamwe mu bashoye imari mu bikorwa bifite aho bihuriye no ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame arasaba urubyiruko rwa Afurika kurushaho kwitabira ubuhinzi kandi rukabukora mu buryo bugezweho kugira ngo uyu mugabane wihaze mu biribwa kandi urwo rwego rube ...
Mu bitangazamakuru binyuranye, kuri uyu wa Gatatu hasohotse inkuru ivuga urupfu rwa Edouard Karemera wabaye Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu muri Guverinoma yakoze Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu ...